Araturijije😥Nahindutse UMUKOZI wa MUKEBA mu nzu yange kuko NTABYARAGA😭Natabawe NDUSHYE🤦‍♂️Mama HIRWA

740,329
0
Published 2023-04-21
#Vugisha_Egidia_0783578184
#agapetv
Ganira natwe #250782196087​​​​​​​ (Whatsap)
Kora S U B S C R I B E ujye umenya byinshi unafashwe mu biganiro n' ubuhamya bwa GIKIRISTO
AGAPE Tv ni urubuga dusangiriraho ubuhamya, inyigisho, ibiganiro bya gikritsto ndetse rukakumara amatsiko ku nyandiko z'abahanga, Abatubanjirije mu rugendo,Ibyibazwa....bigamije kukubaka mu gusobanukirwa ibyo wizera.

Twubakiye ku ndangagaciro z'abavutse ubwa Kabiri nkuko Ijambo ry'Imana ribivuga mu butumwa bwiza uko bwanditswe na Yoh 1:12. Bityo ni ibyo dutanga hano byose bigamije gukomeza gushyigikira Umukristo udukurikira.

Wifuje kutwandikira koresha: [email protected]
Wifuje kudushyigikira: +250782196087(Momo,WorldRemit,...)

All Comments (21)
  • @kezazuena7218
    Amen,nanje maze imyaka 2 munsengere Imana Impe ikibondo,mw'izina rya YESU.
  • Amen yesu arakora ndumuhamya nanjye naramubonye namaze imyaka 6 ntabyara ariko yesu ampoza amarira ndababwira namwe muriguca mukigeragezo nkicyo mukomere 😢😢😢😢
  • 😭😭😭 Mana nanjye uzamoze amarira Imana yarakoze kukugirira neza 🙏🙏
  • Yesu tuzamukunda kujyeza umutsi azadutwara mwijuru ninde utakunda uwomubyeyi myiza Amin ❤❤❤
  • ndumva amagambo ambanye make yo kuvuga iyo mana🙌🏽🙌🏽🙌🏽
  • Muraho neza Umwami w'Abami Yesu kristo Ashimwe mbifurije kwemerwa n'Imana buri wese yita kw'iherezo rye,1Abakorinto:9:25 Umuntu wese urushanwa yirinda muri byose abandi bagenzereza batyo kugirango bahabwe ikamba ryangirika naho twebwe tugenzereza dutyo kugirango duhabwe Iritangirika,Yakobo:1:12 Hahirwa umuntu wihanganira ibimugerageza kuko namara kwemerwa azahabwa Ikamba ry'Ubugingo iryo Imana yasezeranije abayikunda,1Petero:4:7-8/7 Iherezo rya byose riri bugufi Nuko mugire Ubwenge mwirinda ibisindisha mubone uko mugira umwete wo gusenga 8 Ariko ikiruta byose mukundane urukundo rwinshi kuko urukundo rutwikira ibyaha byinshi.
  • Sha mwashyizeho Video Part 2 plz dukeneye kumenya uko byarangiye 😢😢